Buri mwaka Polisi y’u Rwanda ihugura komite z’abaturage bashinzwe kwicungira umutekano mu tugari no mu midugudu bo mu gihugu hose.
Ayamahugurwa akaba azabera mu kigo cy’amahoro cya Nkumba tariki ya 12 Werurwe mu karere ka Burera.
Buri mwaka Polisi y’u Rwanda ihugura komite z’abaturage bashinzwe kwicungira umutekano mu tugari no mu midugudu bo mu gihugu hose.
Ayamahugurwa akaba azabera mu kigo cy’amahoro cya Nkumba tariki ya 12 Werurwe mu karere ka Burera.