Trending Now
#

POLISI Y'U RWANDA

Serivisi - Kurinda - Ubunyangamugayo

#

Nyarugenge: Abayobozi binzego zibanze bahuriye hamwe barebara hamwe uko umutekano uhagaze

Abayobozi bi midugudu na butugari bo mu murenge wa  Rwezamenyo  mu karere ka Nyarugenge bahurijwe hamwe mugihe cyu munsi mwe baganirinzwa uko bakomeza kwicungira  umutekano.

Umunyamabanga nshingabikorwa wumurenge wa  Rwezamenyo Alexis Semitari, wari uyoboye iyi nama yabereye mu kagari  Kabuguru  yakangukanguri abaturage kwicungira umutekano,bagatanga amakuru ku gihe kugira ngo ibyaha bishingiye ku ihohoterwa bikumirwe, cyane cyane ibyaha bikorerwa mu ngo by’umwihariko gukubita no gukomeretsa.

Inspector of Police  Claude Budaraza uhagarariye urwego rwa polisi rushijwe community policing ruhuza Polisi n’abaturage muri ako karere yashimiye abo bayobozi butugari uruhare rwabo mu gucunga umutekano ndetse no gutangira amakuru kugihe kugeza ubu umutekano ari ntamakemwa.

IP  Budaraza yasabye abo bayobozi gukorana ninzego z’umutekano bakumira ibyaha ibikorerwa mungo kandi bagakomeza gukorera hamwe nk’ikipe.

Yagarutse kubyaha bikorwa harimwo urugomo, gukubita no gukomeretsa akeshi biterwa nubuzinzi,no kunywa ibiyobyabwenge birimo urumogi,kanyanga