IGP Gasana yasabye abamotari kugira uruhare mu gukumira ibyaha batanga amakuru
Umuyobozi mukuru wa Police CGP Emmanuel K. Gasana kuri uyu wa gatatu yasabye abamotari basaga 800 bakorera mu turere twa Kayonza, Rwamagana na Nyagatare kugira uruhare mu kurwanya ibyaha kandi bakubahiriza amategeko y’umuhanda. Inkuru irambuye
Amajyepfo: Hamenwe litiro zisaga 3000 z’inzoga zitemewe n’amategeko
Polisi y’u Rwanda Kubufatanye n’inzego zitandukanye yakoze umukwabu wo gufata abakora bakanacuruza inzoga z’inkorano mu turere twa Nyaruguru, Huye na Ruhango ahafatiwe litiro 3099 zikamenerwa mu ruhame. Inkuru irambuye
RUSIZI: Polisi y’u Rwanda yongeye gukangurira abanyarwanda kwirinda icyateza inkongi z’umuriro
Inkongi z’umuriro ni kimwe mu biza bihitana ubuzima bw’abantu benshi ndetse ibintu byinshi by’agaciro bikahatikirira. Ni muri urwo rwego Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa Abanyarwanda bose kwirinda no kurwanya ikintu cyose gishobora kuba intandaro y’inkongi z’umuriro. Inkuru irambuye
Mu turere dutandukanye tw’Igihugu Polisi yafashe ibicuruzwa bya magendu
Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byayo byo kurwanya ibicuruzwa byinjira mu gihugu mu buryo bwa magendu. Ni ibikorwa byakozwe kuri uyu wa 19 Nzeri bibera mu turere dutandukanye tw’Igihugu. Inkuru irambuye
Rutsiro: Abanyeshuri bakanguriwe kurwanya icuruzwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo k’igihugu gishinzwe uburezi(REB) bakoreye ubukangurambaga mu bigo by’amashuri babakangurira kwirinda ikintu cyose cyatuma bacikiriza amashuri yabo. Inkuru irambuye
Rulindo: Polisi n’urubyiruko rw’abakorerabushake batangiye kubakira abatishoboye
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo ku bufatanye n’urubyiruko nyarwanda rw’abakorerabushe mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) kuri uyu wa 16 Nzeri batangije igikorwa cyo gufasha abaturage kwiteza imbere habumbwa amatafari azakoreshwa mu bikorwa byo kubakira abatishoboye mu rwego rwo kunoza imibereho myiza. Inkuru irambuye
Polisi handball club yatangiye imyitozo yitegura imikino y’amakipe yabaye ayambere iwayo
Polisi handball club niyo yatwaye igikombe cya shampiona hano mu Rwanda kuri ubu iyi kipe yamaze gutangira imyitozo yitegura imikino nyafurika ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo.Inkuru irambuye
English









