Ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro bwakomereje mu kwibutsa abamotari kwirinda gutwara banyoye ibisindisha
Gahunda y’Ubukangurambaga bw’ibyumweru 52 bwo kurwanya impanuka zo mu muhanda, kuri uyu wa 7 Kamena, Polisi n’abafatanyabikorwa bayo babukomereje mu kwigisha abamotari kwirinda gutwara moto banyoye ibisindisha. https://www.police.gov.rw/rw/detail-view/?tx_ttnews%5Btt_news%5D=14287&cHash=582cd90525dceb37983a5939fd678ed4Inkuru irambuye
[AMAFOTO]: Amajyaruguru: Urubyiruko rwakanguriwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu no gukumira ibyaha
Kuri uyu wa 5 Kamena urubyiruko rugera 134 ruhagarariye urundi kuva ku murenge kugeza ku karere rutuye mu Ntara y’Amajyaruguru rwahuriye mu cyumba cy’inama cya CPNDF(Centre Pastoral Notre Dame de Fatima) giherereye mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza, baganirizwa kugira uruhare mu gukumira ibyaha bitaraba ndetse n’urw’iterambere ry’Igihugu.Inkuru irambuye
Nyarugenge: Abakora irondo ry’umwuga bibukijwe uruhare rwabo mu gukumira ibyaha
Irondo ry’umwuga ni urwego rushyirwaho n’inzego z’ibanze, rukagira uruhare mu gufasha inzego z’umutekano mu gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo aho batuye. https://www.police.gov.rw/rw/detail-view/?tx_ttnews%5Btt_news%5D=14283&cHash=27a35a5716d89c08e1353ee842c3cf58Inkuru irambuye
Mu turere twa Gakenke na Gicumbi batatu bafatanwe litiro 17 za kanyanga
Polisi ikorera mu turere twa Gakenke na Gicumbi k’ubufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage bafatanye abantu batatu litiro 17 za kanyanga, kuri uyu wa 06 Kamena. Inkuru irambuye
#Kwibuka25: Ikipe ya Police Handball Club yageze mu mikino yanyuma idatsinzwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Kamena, hakomeje imikino y’irushanwa ryo kwibuka abakinnyi bazize Genoside yakorewe abatutsi mu 1994. Mu itsinda ikipe ya Police HC yari irimo ikaba yashoboye gukomeza mu kiciro cya ½ nyuma yo gutsinda Kaminuza ya Makerere yo mu gihugu cya Uganda, ADEGI Gituza yo mu karere ka Gatsibo ndetse n’ikipe ya Kaminuza y’u Rwanda ishami ryayo rya Remera. Inkuru irambuye
Ruhango: Mu rugo rw’umuturage hafatiwe litiro 20 za kanyanga n’ibikoresho yifashishaga ayiteka
Mu rugo rwa Hategekimana Naphtar w’imyaka 49 y’amavuko utuye mu karere ka Ruhango mu murenge wa Ruhango mu kagari ka Bunyogombe, tariki ya 06 Kamena abaturage batanze amakuru ko mu rugo rwe hatekewe kanyanga kandi ko ajya anayicuruza. https://www.police.gov.rw/rw/detail-view/?tx_ttnews%5Btt_news%5D=14290&cHash=64b7b355ba122df7881a427c6030826aInkuru irambuye
Gasabo: Umushoferi yafatiwe mu modoka atwaye arimo kunywa urumogi
Kuri uyu wa 07 Kamena, nibwo Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bakomeje ubukangurambaga bw’ibyumweru 52 bwa “Gerayo Amahoro” bugamije kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda, bakangurira abamotari n’abashoferi kwirinda gutwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Inkuru irambuye

Kinyarwanda
English










