Abagana ikigo cya Polisi gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga barishimira ko amasaha y’akazi yongerewe.
Kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Ukuboza nibwo Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga kizwi nka “Controle techniques’’ cyongereye amasaha y’akazi mu rwego rwo kurushaho kwakira buri wese ubabagana. Inkuru irambuye
Polisi yatangaje ko ku munsi wa Noheri umutekano wagenze neza
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano ku munsi mukuru wa Noheli wagenze neza muri rusange mu gihugu hose uretse impanuka nkeya zabaye zigahitana ubuzima bw’abantu babiri. Inkuru irambuye
Nyabihu: Hamenwe litiro zisaga 9000 z’inzoga z’inkorano
Polisi ikomeje ibikorwa bigamije gufata abakora bakanacuruza inzoga z’inkorano kuko zangiza ubuzima bw’abazinywa zikanagira uruhare mu bikorwa bihungabanya umutekano birimo urugomo n’amakimbirane mu muryango. Inkuru irambuye
Gicumbi: Babiri bafashwe bakekwaho gutanga ruswa
Abagabo babiri bafashwe bakekwaho gutanga ruswa ku bapolisi kugirango bafungure umugore w’umwe muri aba bagabo ufungiye kuri sitatiyo ya Polisi ya Byumba akekwaho gucuruza ibiyobyabwenge kuko yafatanwe udupfunyika 597 tw’urumogi. Inkuru irambuye
Nyabihu: Babiri bakwirakwizaga urumogi bafatanwe udupfunyika 2138
Ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Bigogwe Polisi yafashe Hakizimana Jean Claude w’imyaka 30 na Ingabire Josiane w’imyaka 26 bafatanwe udupfunyika 2138 tw’urumogi. Inkuru irambuye
Nyarugenge: Polisi yafashe abagabo babiri bacyekwaho kwiba imashini zidoda
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 23 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Gitega yafashe abagabo babiri bacyekwaho kwiba imashini zidoda imyenda mu nzu y’urubyiruko iherereye mu murenge wa Kimisagara(Maison de Jeune Kimisagara Inkuru irambuye
Kinyarwanda
English











