Sudani yepfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidari
Abapolisi b’u Rwanda 240 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Gihugu cya Sudani y’Amajyepfo(UNMISS) baherereye mu Ntara ya Malakal nibo kuri uyu wa 25 Ukwakira bambitswe n’Umuryango w’abibumbye imidari y’ishimwe. Inkuru irambuye
Polisi yifatanyije n’abaturage ba Nyanza mu muganda usoza ukwezi
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 27 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasamana,mu muganda ngaruka kwezi waranzwe no gutera ibiti bivangwa n’imyaka kubutaka bufite ubuso bwa Ha 22. Inkuru Irambuye
Iburasirazuba :Guverineri Mufurukye yasabye abatuye Gatsibo ubufatanye mu gukumira ibyaha
Umuyobozi w’ Intara y’ Iburasirazuba Fred Mufurukye yasabye abaturage b’Akarere ka Gatsibo kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha, bitabira gahunda za Leta zigamije iterambere n’imibereho myiza y’abaturage. Inkuru irambuye
Nyagatare: Polisi yakanguriye abitabiriye inteko z’abaturage kwirinda ibiyobyabwenge
Mu mirenge ya Tabagwe,Karama,Rukomo na Rwempasha yo mu karere ka Nyagatare, ku wa kabiri tariki ya 23 Ukwakira, habereye inteko z’abaturage Polisi ikangurira abitabiriye izi nteko kwirinda no gukumira ibiyobyabwenge batanga amakuru yaho bigaragara. Inkuru irambuye
Nyagatare: Umusore yafatanwe udupfunyika 194 tw’ikiyobyabwenge cya mayirungi
Polisi ikorera mu karere ka Nyagatare ku bufatanye n’abaturage mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Ukwakira , yafatanye Ndayisaba Emmanuel w’imyaka 22 udupfunyika 194 tw’urumogi rwo mu bwoko bwa mayirungi. Inkuru irambuye
Police FC yanyagiye Espoir mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona
Umunsi wa kabiri wa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ( Azam Rwanda Premier League) usize Police FC ibonye insinzi ya mbere mu mwaka mushya w’imikino aho yatsinze Espoir FC ibitego bitanu kuri kimwe (5-1). Inkuru irambuye
English









