Polisi y'u Rwanda n'Intara y'i Burasirazuba basinye amasezerano y'ubufatanye mu kwibungabungira umutekano tariki ya 17 Mutarama. Ayo masezerano azafasha impande zombi gufatanya kubungabunga umutekano kuko ariwo shingiro ry'iterambere nk'uko byavugiwe muri iyo nama impande zombi zahuriyemo.

Kinyarwanda
English










