Ni inama y’akanama ngishwanama gahuza abayobozi mu by’umutekano n’abafata ibyemezo hagamijwe gukomeza ubufatanye mu guhangana n’ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’izoroheje mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu karere k’ibiyaga bigari, ihembe ry’Afurika ndetse no mu bindi bihugu bihana imbibi na byo.