Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’igihugu (RDF), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, batangije ibikorwa bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage (COP24).
Ubukangurambaga ngarukamwaka ku kwimakaza umutekano, isuku n’isukura bwasojwe kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bashyikiriza uturere, imirenge n’utugari twitwaye neza mu gihugu hose, ibihembo bifite agaciro k’agera kuri miliyoni 202Frw..
Kuri uyu wa kane, tariki ya 7 Nzeri, Polisi y’u Rwanda yakomeje ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, abatwara amapikipiki n’amagare mu bice bitandukanye by’igihugu, baganirizwa ku mikoreshereze y’umuhanda yimakaza umutekano.