Iyi nama yateraniye ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda, ku Kimihurura tariki 10 Gashyantare 2014, ikaba yize uko umutekano uhagaze mu gihugu muri rusange. Iyi nama yari yitabiriwe na Minisiteri…
Ibi ni ibyagarutsweho ni bimwe mu byagarutsweho n’abayobozi muri Polisi y’u Rwanda, ubwo bari bari guha amahugurwa y’iminsi 2 abayobozi b’inzego z’ibanze na ba cpc’s bo mu turere twose tugize intara…
Impunzi ziri mu Nkambi ya Nyabiheke, iri mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’ Iburasirazuba, ejo tariki ya 12 Gasyantare zasuwe n’ ishami rya Polisi rishinzwe imikorere n’imikoranire hagati ya Polisi n’…
Urumuri Rutazima uyu munsi rwageze mu karere ka Muhanga, akarere ka cumi na kabiri mu turere mirongo itatu ruzazenguruka. Uru rumuri ruzagaruka I Kigali ku itariki ya 7 Mata 2014, ubwo icyunamo cyo…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga yataye muri yombi umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko ukurikiranyweho kuba yabyaye umwana yarangiza akamuta mu musarani. Ibi byabereye mu murenge wa…