Abaturage b’akarere ka Rwamagana bishimiye serivisi baherewe muri Police Mobile Station Vehicle ku itariki 22 Mutarama.
Kuri uyu munsi, serivisi zo muri iyi modoka zatangiwe mu kagari ka…
Abaturage b’akarere ka Rwamagana bishimiye serivisi baherewe muri Police Mobile Station Vehicle ku itariki 22 Mutarama.
Kuri uyu munsi, serivisi zo muri iyi modoka zatangiwe mu kagari ka …
Polisi ikorera mu turere twa Gatsibo na Huye, yakoze umukwabo ku itariki 22 Mutarama,mu duce dutandukanye two muri utu turere, maze ifata ibiyobyabwenge bitandukanye, ndetse birangizwa.
Litiro 1355…
Polisi y’u Rwanda irakangurira ababyeyi kuba maso bakarinda abana kurohama mu migezi no mu byobo. Ubu butumwa ikaba ibuha ababyeyi n’abandi bashinzwe kurera abana hirya no hino mu…
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 23 Mutarama 2015, mu karere ka Bugesera , umurenge wa Mwogo, akagari ka Rurenge, umugabo w’imyaka 29 y’amavuko, yafatiwe mu cyaha cyo gutanga ruswa.
Nk’uko Polisi…
Assistant Inspector of Police (AIP),Jean Pierre Ndayisaba,ushinzwe guhuza Polisi n’abaturage ndetse no gukumira ibyaha mu karere ka Ngoma (DCLO),yagiranye inama n’abana bahagarariye abandi ku…