Ikipe ya Police Football Club kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Mutarama yatsinze Rayon sport nyuma yo kunganya 1-1 hakitabazwa penalite.Uyu mukino ukaba ariwo wabimburiye indi mu…
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Mutarama umuyobozi w'akarere ka Kicukiro Paul Jules Ndamage arikumwe n'umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana bifatanyije n’abamotari ndetse…
Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro yakoze umukwabo wo gufata abantu bakekwaga gukora ibikorwa binyuranyije n’amategeko mu kagari ka Kinunga, umurenge wa Gikondo, ku ya 31 Mutarama,…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera yakoze umukwabo wo gufata abateka, abanywa n’abacuruza ibiyobyabwenge mu kagari ka Murama , umurenge wa Nyamata, mu karere ka Bugesera , maze…