Abantu batanu bafatanywe ibiyobyabwenge bitandukanye mu mikwabo yakozwe mu turere twa Ngoma, na Kayonza mu Ntara y’i Burasirazuba ku itariki ya 25 Nzeri 2015.
Abafatiwe muri Ngoma ni…
Birashoboka ko hariho abantu banyuranye ndetse benshi badafite ubumenyi ku bwoko bw’ibisasu batanazi uko bisa ariko na none biranashoboka ko babibona mu gihe bari mu bikorwa byabo bya buri munsi…
Binyuze mu makuru Polisi y’u Rwanda yatangaje ku rubuga rwayo arirwo: www.police.gov.rw, abaturarwanda bamenye ibikorwa bitandukanye byayo byo mu cyumweru gishize.
Nk’uko biri mu ntego…
Kuri uyu wambere tariki ya 25 Nzeri, ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda by’ukwezi kwahariwe ubukangurambaga bwo kubungabunga umutekano wo mu muhanda, byakomereje mu karere ka Gasabo.
Iki gikorwa…