Trending Now
#

POLISI Y'U RWANDA

Serivisi - Kurinda - Ubunyangamugayo

#
7026 results:
2741. Nyaruguru: Ingo 30 zaganirijwe ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina  
Date: 09-12-14
Ingo 30 zo mu karere ka Nyaruguru ho mu Ntara y’amajyepfo, ejo tariki ya 8 Ukuboza, zaganirijwe na Polisi ikorera  muri ako karere ku  ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa abana,…  
2742. Kicukiro : Abaturage barakangurirwa gukumira ibyaha  
Date: 09-12-14
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza abaturage bo mu murenge wa Gatenga ,akagari ka  Karambo na kagari ka Kinunga bakanguriwe uruhare rwabo mu kwicungira umutekano no gukumira ibyaha aho…  
2743. Ingamba Polisi y’u Rwanda yafashe mu kurwanya ibiyobyabwenge mu mwaka wa 2014 zatanze umusaruro  
Date: 10-12-14
Ntawe muntu utaziko ibiyobyabwenge ari bibi byangiza umuryango nyarwanda ndetse n’umuntu ku giti cye. Muri ibyo biyobyabwenge usanga harimo urumogi, cocaïne,marijuana,kanyanga n’ibindi, bigira…  
2744. IGP yasabye abapolisi gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza mu kazi  
Date: 10-12-14
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru hatangijwe  inama ngaruka mwaka y’umunsi umwe ku bapolisi baturutse mu turere twose tw’u Rwanda bashinzwe…  
2745. Musanze: Abapolisi30 bo murwego rw’aba ofisiye bakuru basoje amahugurwa ku miyoborere  
Date: 10-12-14
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza nibwo abapolisi 25 baturuka muri Polisi y’u Rwanda na 5 baturuka muri  Soudan y’amajyepfo basoje amahugurwa bari bamazemo  amezi 3 n’igice mu ishuri…  
2746. Itsinda rya EAC riharanira kurwanya ihohoterwa,ibiyobyabwenge n’icuruzwa ry’abantu basuye ibitaro bya Caraës i Ndera  
Date: 11-12-14
Itsinda ry’abantu 10 baturuka mu karere k’Afurika y’iburasirazuba harimo n’u Rwanda basuye ibitaro bya ndera kuri uyu wa kane tariki ya 11 Ukuboza kugirango birebere imikorere yibyo bitaro…  
2747. Kicukiro: Urubyiruko rugera ku 102 rwakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge  
Date: 11-12-14
Urubyiruko rw’abadivantisite b’umunsi wa karindwi rwiga mu mashuri abanza,ayisumubuye naza kaminuza ruri mu mahugurwa  ku kigo cy’amashuri cya APADE bahawe ibiganiro ku kurwanya no kwirinda…  
2748. Musanze: Abapolisi30 bo murwego rw’aba ofisiye bakuru basoje amahugurwa ku miyoborere  
Date: 11-12-14
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza nibwo abapolisi 25 baturuka muri Polisi y’u Rwanda na 5 baturuka muri  Soudan y’amajyepfo basoje amahugurwa bari bamazemo  amezi 3 n’igice mu…  
2749. IGP yasabye abapolisi gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza mu kazi  
Date: 11-12-14
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru hatangijwe  inama ngaruka mwaka y’umunsi umwe ku bapolisi baturutse mu turere twose tw’u Rwanda bashinzwe…  
2750. Bugesera : Umugabo w’imyaka 32 ari mu maboko ya Polisi azira gutanga ruswa  
Date: 12-12-14
Kuwa Gatatu taliki ya 10 Ukuboza, mu karere ka Buugesera, umurenge wa Nyamata, umugabo witwa Elissa Ukobizaba uri mu kigero cy’imyaka 32 y’amavuko, yafatiwe mu cyaha cyo gutanga ruswa. Nk’uko …