Ingo 30 zo mu karere ka Nyaruguru ho mu Ntara y’amajyepfo, ejo tariki ya 8 Ukuboza, zaganirijwe na Polisi ikorera muri ako karere ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa abana,…
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Ukuboza abaturage bo mu murenge wa Gatenga ,akagari ka Karambo na kagari ka Kinunga bakanguriwe uruhare rwabo mu kwicungira umutekano no gukumira ibyaha aho…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru hatangijwe inama ngaruka mwaka y’umunsi umwe ku bapolisi baturutse mu turere twose tw’u Rwanda bashinzwe…
Urubyiruko rw’abadivantisite b’umunsi wa karindwi rwiga mu mashuri abanza,ayisumubuye naza kaminuza ruri mu mahugurwa ku kigo cy’amashuri cya APADE bahawe ibiganiro ku kurwanya no kwirinda…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Ukuboza ku cyicaro gikuru cya Polisi kiri ku Kacyiru hatangijwe inama ngaruka mwaka y’umunsi umwe ku bapolisi baturutse mu turere twose tw’u Rwanda bashinzwe…
Kuwa Gatatu taliki ya 10 Ukuboza, mu karere ka Buugesera, umurenge wa Nyamata, umugabo witwa Elissa Ukobizaba uri mu kigero cy’imyaka 32 y’amavuko, yafatiwe mu cyaha cyo gutanga ruswa.
Nk’uko …