Kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2014, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, umuyobozi mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, DIGP Dan Munyuza yakiriye…
Kanda hano urebe amafoto y'uwo muhango
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Werurwe 2014, mu ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishali mu karere ka Rwamagana, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa…
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Werurwe 2014, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, umuyobozi mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, DIGP Dan Munyuza yakiriye…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo sitasiyo ya Kabarore, iratangaza ko kuwa kabiri tariki ya 18 Werurwe yabonye mudasobwa 7 muri cumi n’imwe zari zibwe mu cyumba cyigishirizwamo…
Ikipe ya Police FC yitwaye neza mu mukino wayihuje na Bugesera FC kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe, ikaba yayitsinze ibitego bitanu ku busa. Uyu mukino ukaba wari mu rwego rwo guhatanira…
Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Werurwe 2014, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, ku bufatanye bwa Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yo mu Buholandi yitwa Inernational Victimology…
Kuri uyu wa kane taliki ya 20 Werurwe 2014, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, ku bufatanye bwa Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yo mu Buholandi yitwa Inernational Victimology…
Abantu 10 nibo bafashwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali mu mukwabu wabereye hirya no hino mu turere twa Kicukiro na Nyarugenge, mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu tariki ya…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Werurwe 2014, abapolisi 50 barimo abayobora sitasiyo za Polisi ndetse n’abakuriye ubugenzacyaha hirya no hino mu gihugu,bashishikarijwe gukora akazi kabo neza, ndetse…