Ubukangurambaga bwahariwe kwigisha abantu batandukanye kubahiriza amategeko y’umuhanda muri uyu mwaka wa 2015, bwakomereje no mu karere ka Bugesera, aho abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye…
Inzego zishinzwe kubungabunga umutekano mu karere ka Ruhango zashyizeho uburyo bushya bwo kumenya ibyahungabanya umutekano no gufata ingamba hakiri kare mu rwego rwo kubikumira.
Mu nama yateraniye…
Rutahizamu wa Police FC Isaie Songa na Imran Nshimiyimana ukina hagati nibo bafashije ikipe ya Police FC gutsinda Mukura VS ibitego bibiri kuri kimwe.Uyu mukino wo ku munsi mbere …