Ku itariki 11 Nyakanga, Minisitiri w’uburinganire no kurengera umwana mu gihugu cya Namibiya Doreen Sioka yasuye Icyicaro cya Isange One Stop Center gikorera ku bitaro by’akarere bya Kacyiru…
Ku wa 8 Nyakanga, abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye ry’imyuga rya Runda, ribarizwa mu karere ka Kamonyi, bahawe ubumenyi ku buryo abakora ibyaha by’icuruzwa n’ishimutwa ry’abantu babigenza, ibi…
Kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Nyakanga, mu kiganiro yatanze, ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha mu karere ka Musanze,Inspector of Police(IP)…
Abantu batandatu barimo abagore batanu bafatiwe mu karere ka Nyabihu mu mukwabu wakozwe na Polisi mu rwego rwo guhangana na magendu . Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Nyabihu, Superintendent…
Ushinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage hagamijwe kurwanya no gukumira ibyaha mu karere ka Gakenke, Inspector of Police (IP) Alphonse Kayonga ari kumwe n’ushinzwe irangamimerere…
Mu itangazo Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara kuwa kane tariki ya 7 Nyakanga 2016, riravuga ko umukwabu wiswe usalama ya gatatu wari ugamije kurwanya ibyaha ndengamipaka ugaterwa inkunga na…