Ku itariki ya 22 Mutarama 2014, abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye bo mu karere ka Kicukiro bahawe ibiganiro byo kwirinda no kurwanya ibiyobyabwenge haba mu mashuri aho biga ndetse n’iwabo mu…
Kuri uyu wa kane tariki ya 23 Mutarama, intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye mu ishami rishinzwe uburenganzira bw’ibanze bwa muntu mu birebana no kwishyira ukizana, Bwana Maina Kiai n’itsinda…
Abantu hirya no hino mu gihugu baba barataye ibyangombwa byabo binyuranye, barasabwa kugana Sitasiyo za Polisi z’iwabo kugira ngo bafashwe kubona ibyangombwa bakwifashisha mu gihe baba bagitegereje…
Nk’uko bizwi, igihugu cyacu cyaciye mu bihe bibi by’intambara na Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, biragaragara ko hari ahantu henshi hakiboneka ibisasu, cyane cyane aho abaturage bakorera…
Umusore w’imyaka 30 ukomoka mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Remera aho akurikiranyweho gukoresha amafaranga y’amahimbano. Yafashwe tariki ya 24 uku kwezi…
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rusarabuye mu karere ka Burera hafungiwe umugore w'imyaka 21 y'amavuko ukekwaho kwihekura nyuma yo kubyara umwana yarangiza akamwambura ubuzima.
Kugira ngo bimenyekane,…
Ku itariki ya 26 Mutarama 2014 ku kibuga cya Kicukiro habereye umukino wo ku munsi wa 15 wa shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere. Uyu mukino ukaba warahuje ikipe ya Police…
Mu myaka 20 ishize, u Rwanda rwakoze amavugururwa menshi mu nzego z’ubukungu rwatumye ruzamuka mu manota mu bucuruzi. Mu kigereranyo giheruka cyakozwe n’umuryango Heritage Foundation, u Rwanda…