Mu rwego rwo kurushaho kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge mu rubyiruko, Polisi ikorera mu Karere ka Gakenke tariki ya 2 Nzeri yagiranye inama n’ abanyeshuri biga mu kigo cy’ amashuli yisumbuye cya…
Polisi ikorera mu karere ka Nyamagabe intara y’Amajyepfo kuri uyu wa gatatu tariki ya 3 Nzeri yataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Albert ufite imyaka 25 y’ amavuko utuye mu kagari ka Karambo…
Abasore n’inkumi bagera kuri 40 bahagarariye abandi mu murenge wa Shingiro akarere ka Musanze, kuri uyu wa gatatu tariki ya 3 Nzeri bahuriye hamwe bigira hamwe aho bageze bashyira mu bikorwa imihigo…
Mukiganiro Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Catherine Samba Panza yagiranye n’abanyamakuru ejo tariki ya 4 Nzeri mu ngoro y’ umukuru w’ igihugu i Bangui, yashimye uruhare rwa Leta y’ u…
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 5 Nzeri 20014 nibwo mu intara y’amajyepfo hatangijwe ku mugaragaro gahunda yo kurwanya ihohoterwa rishingiye kugitsinda ndetse n’ihohoterwa rikorerwa abana…
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Nzeri, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma yaguye gitumo umusore witwa Mvuyekure Valens w’imyaka 25 utuye mu kagari ka Cyerwa umurenge wa…
Iyi nama yo kutishora mu bikorwa byo gutema, kwangiza no gucuruza igiti cya kabaruka bakunze kwita umushikiri, Polisi y’u Rwanda ikomeje kuyigira abantu hirya no hino mu gihugu, kuko hari bamwe…
Nk’uko byagaragaye kuwa gatanu tariki ya 5 Nzeri aho imvura yaguye ari nyinshi kandi ikagwa hafi ya hose mu gihugu, nta gushidikanya ko igihe cy’imvura nyinshi cyegereje. Iyo iki gihe kigeze rero,…