Abanyeshuri 622 bo mu ishuri ribanza rya Kibenga mu karere ka Bugesera bigishijwe ububi n’ingaruka z’ibiyobyabwenge birimo urumogi. Uku kubakangurira kugira uruhare mu kubikumira no…
Abapolisi b’u Rwanda 280 bahagurutse mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukwakira 2015, berekeje mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya…
Imiryango 21 yari isanzwe ibana mu makimbirane yo mu murenge wa Gashora mu karere ka Bugesera, yaraganirijwe ndetse igirwa inama yo kureka ibiyitanya isabwa guhindura imyitwarire, ikabana neza mu…
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto, abo bakunze kwita abamotari bagera ku 100 bakorera mu murenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara, basabwe kwirinda no kugira uruhare mu kurwanya ikintu…
Karasanyi Nicolas, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashari mu karere ka Karongi yasabye abaturage gucika ukubiri n’umuco mubi wo gutanga ruswa.
Ibi Karasanyi yabibwiye abaturge…
Umukino wahuje amakipe yombi wabereye mu karere ka Rwamagana kuwa gatandatu tariki ya 24 Ukwakira2015. Uyu mukino watangiranye imbaraga nyinshi ndetse n’ishyaka ku mpande zombi, aho ba rutahizamu…
Abakora ibijyanye n’iperereza ry’ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga bagera kuri 28, bo mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika, batangiye amahugurwa y’iminsi ine kuva tariki 24-27, akaba…