Ndagijimana Eric na Dusenge Jean Eric, bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Byumba, mu karere ka Gicumbi, nyuma y’aho bafatanywe moto ya Jyamubandi Innocent, bakekwa kuba bari bibye.
Umuyobozi wa…
Mu rwego rwo kurushaho kubumbatira umutekano mu mujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda yatangiye imikwabo yo gufata abanyabwaya, barimo abajura, cyane cyane abiba mu nyubako zitandukanye.
Mu gihe…
Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu, Jean Claude Musabyimana, yakanguriye abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare, bazwi ku izina ry’abanyonzi, bakorera mu karere ka…
Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Chief Inspector of Police, Emmanuel Kabanda, tariki ya 12 Werurwe yakanguriye abaturage b’Umurenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo,…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 13 Werurwe 2015 umuvugigizi wa Polisi, ishami rya Polisi rikorera mu muhanda yerekanye bamwe mu bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga zitemewe.
Hyacinthe…
Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro yafashe ibyuma bikoreshwa mu bwubatsi icyenda mu icumi byibwe mu rwunge rw’amashuri rwa Muyange, ruhereye mu kagari ka Muyange, mu murenge wa…
Kuri uyu wa kane tariki ya 12 Werurwe 2015 mu murenge wa Nyamirambo, akagari ka Rugarama, abanyeshuri 800 bahawe ibiganiro na Polisi y’u Rwanda iri kumwe n’abayobozi b’icyo…
Polisi y’u Rwanda iri kubungabunga ubutumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti yahawe ishimwe ryo kuba yaragize uruhare mu kubungabunga ibidukikije, kwita ku isuku no kugira uruhare mu kubungabunga…