Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda riramenyesha abantu bose ko kwiyandikisha ku bashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe Irembo bizatangira kuwa mbere tariki…
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo igamije gukomeza kwita ku isuku no kubungabunga umutekano mu mujyi wa Kigali yashyizweho umukono na Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali mu…
Mu rwego rwo guhuriza hamwe imbaraga mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana mu karere ka Gatsibo, ku itariki ya 11 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera muri aka karere yahuye n’abafatanyabikorwa bayo…
Aya ni amwe mu magambo yayoboye umunsi w’imurikabikorwa ry’ibyagezweho n’abagore bo mu murenge wa Bumbogo wo mu karere ka Gasabo ku nsanganyamatsiko igira iti:”Yego birashoboka”, ku italiki ya…
Ubukangurambaga ku isuku n’umutekano hagati ya Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali bwatangiye kuri uyu wa gatandatu mu gikorwa cy’Umuganda udasanzwe , aho abatuye Kigali , bafatanyije…
Abayoboke b’Itorero rya Pantekote ryo mu Rwanda (ADEPR), Paruwase ya Rusiza, ho mu murenge wa Bugeshi, mu karere ka Rubavu biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha. Ku itariki 13…
Komisiyo y’igihugu y’urubyiruko, ishyirahamwe nyarwanda ryo gusiganwa ku magare (FERWACY ) na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo, ku itariki ya 14 Kanama bahuriye mu gikorwa cyo…