Abaturage bo mu murenge wa Remera mu karere ka Gatsibo bakanguriwe kurushaho kugira isuku no kurwanya ibiyobyabwenge, byo soko y’ibyaha bitandukanye.
Bahawe ubu butumwa ubwo hatangizwaga…
Ikipe ya Police Football Club yatsinze Espior FC ibarizwa mu karere ka Rusizi ibitego 4-1 mu mukino wa shampiyona wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 11 Mutarama ukaba wabereye ku Kicukiro…
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Mutarama 2015, ku Kimisagara, habereye amarushanwa yo guhatanira igikombe cyitiriwe “Impano n’impamba Trophy”.
Amakipe yitabiriye iri rushanwa akaba yari 5…
Polisi ikorera mu karere ka Kayoza, ejo tariki ya 12 Mutarama yaburijemo umugambi wari wacuzwe n’abajura bashakaga kwiba banki y’abaturage muri ako karere.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara…
Abapolisi cumi na batanu batangiye amahugurwa y’iminsi ibiri mu rwego rwo kubongerera ubumenyi mu gukumira no kurwanya ibyaha ku mipaka no ku bibuga by’indege.
Yatangiye ku itariki 8…
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 10 Mutarama, umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana yasuye abapolisi bakorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Ngororero ho mu Ntara…