Abapolisi 30, barimo 15 bo mu Rwanda n’abandi baturutse mu gihugu cya Uganda, kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Gicurasi, bahuriye mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari, mu karere ka…
Nk’uko bizwi, igihugu cyacu cyaciye mu bihe bibi by’intambara na Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, biragaragara ko hari ahantu henshi hakiboneka ibisasu, cyane cyane aho abaturage bakorera…
Intumwa eshanu zo mu gihugu cya Irilande y’Amajyaruguru ku itariki ya 27 Gicurasi, zasuye ikigo cya Polisi y’u Rwanda Isange One Stop Center, zisobanurirwa kandi zishima serivisi…
Umwitozo wo guhangana b’ibibazo by’ibiza n’ibyorezo wiswe “Tabara ubuzima” waberaga mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari, mu karere ka Rwamagana, washojwe kuri uyu wa gatatu…
U Rwanda na Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye no kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge ndetse n’indi miti igira ingaruka mbi mu mubiri w’umuntu.Aya masezerano yashyizweho…
Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Gicurasi mu duce dutandukanye two mu turere twa Gicumbi, Karongi, Muhanga na Gasabo,Polisi y’u Rwanda yakoze imikwabu maze iyifatiramo abantu barindwi bari bafite…
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti (Rwanda Formed Police Unit -RWA FPU 5),bakoze amarushanwa y’umupira w’amaguru hagati yabo mu rwego rwo kwimakaza…
Abaturage bo mu kagari ka Biryogo bihaye umuhigo wo kuba baranduye burundu ibiyobyabwenge mu gihe cy’ukwezi uhereye kuri uyu wa kane tariki ya 28 Gicurasi 2015.
Uyu muhigo bawihaye ubwo bagiranaga…