Muri izi mpera z’icyumweru, shampiyona y’umukino w’intoki wa Hand Ball yari yasubukuwe, aho kuwa gatandatu tariki ya 6 Nzeri ikipe ya Police Hand Ball Club yakomeje kwitwara neza itsinda ikipe…
Abaturage bo mu murenge wa Nyagisozi akarere ka Nyanza, biyemeje gukorana bya hafi n’inzego z’ibanze ndetse n’iz’umutekano bagamije kurinda icyahungabanya umutekano aho batuye.
Ibi bakaba…
Kuwa wambere taliki ya 8 Nzeri 2014, mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, akagari ka Kabeza, hafatiwe umugabo witwa Jean Muhirwa w’imyaka 25 y’amavuko, yafatiwe mu cyaha cyo gutanga…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 10 Nzeri, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, hatangiye amahugurwa y’iminsi itatu y’abapolisi 17 bazayobora ibigo bya Isange One Stop Centers mu bitaro…