Kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Kanama, mu ishuri rya Polisi riri Gishari mu karere ka Rwamagana, hasojwe amahugurwa y’abasore n’inkumi 2171 y’urwego rushya ruzajya rufasha akarere mu…
Ku nshuro ya mbere, Police FC ikinnye CECAFA Kagame cup yatwaye umwanya wa gatatu itsinze KCCA penaliti 4-2 nyuma yo kunganya igitego 1-1.
Jimmy Mbaraga wari wahushije penaliti bakina na APR FC…
Abanyarwanda bahagurukiye kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n’irikorerwa abana kuko byagaragaye ko ari bimwe mubyaha bikunze gukorwa muri rubanda.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 25…
Hari imirambo iherutse kuboneka mu kiyaga cya Rweru mu ntara ya Muyinga ho mu Burundi ibonywe n’abarobyi, Polisi y’u Rwanda ikaba ivuga ko iyo mirambo nta munyarwanda urimo.
ACP Theos Badege,…
Nyuma y’aho Police FC irangirije ku mwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup, umutoza wayo André Casa Mbungo yatangaje ko ubu ikipe ye itangiye kwitegura igikombe cya Shampiyona “Turbo King National…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Kanama, mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) riri mu karere ka Musanze , hatangijwe icyiiciro cya gatatu cy’aamasomo y’abapolisi baturutse mu bihugu bigize akarere…
Urubyiruko rugera kuri 300 rwibumbiye mu muryango w’urubyiruko ruharanira iterambere rirambye (RYOSD), ruri mu mahugurwa y’iminsi 9 mu ishuri rikuru rya Polisi riri i Musanze, kuri uyu wa mbere…