Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Ukwakira, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije igikorwa cyo gukoresha ibizamini abifuza gutunga impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Umuvugizi…
Ku wa kabiri tariki tariki ya 7 Ukwakira, umupolisi uhagarariye ishami rya Polisi rishinzwe ubufatanye bwa Polisi n’abaturage hagamijwe gukumira no kurwanya ibyaha (DCLO) mu karere ka Ngoma…
Abaturage b’umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo, tariki ya 7 Ukwakira bashishikarijwe kugira uruhare mu kurwanya no gukumira ibyaha bitandukanye aho batuye muri uwo murenge.
Ibi bikaba ari…
Hakizimana Isaac , wo mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza , kuri ubu ari mu maboko ya Polisi yo muri ako karere nyuma y’umukwabu wakozwe na Polisi imusangana impushya…
Umupolisi ushinzwe guhuza abaturage mu karere ka Ruhango Inspector of Police (IP) Angélique Abijuru yigishije abanyeshuri barenga 600 bo mu ishuri ryisumbuye rya Mukingi ho mu karere ka…
Abagize komite zo kwicungira umutekano basaga 400, abavuga rikijyana ndetse n’abayobozi b’ibanze bo mumurenge wa Remera ho mukarere ka Ngoma kuri uyu wa gatanu taliki ya 10 ukwakira/2014 bahuriye mu…
Mu nteko ishinga amategeko kuri uyu wa gatanu taliki ya 10 ukwakira 2014 hateraniye inama nyungurana bitekerezo ku kurwanya ibyaha by’icuruzwa ry’abantu,kurwanya ibiyobyabenge ndetse n’ibyaha…