Abapolisi 11 barimo 1 w’igitsinagore kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Gashyantare 2014 bashyikirijwe ubutumwa bwo kubifuriza akazi keza no guhagararira igihugu neza aho bagiye mu butumwa bwo…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda yafashe itsinda ry’abajura 5 bamaze gufatirwa mu gikorwa cy’ubujura bakoresheje ubwambuzi bushukana mu bihe bitandukanye mu mujyi …
Polisi y’u Rwanda irakangurira abagenzi, baba abagenda mu ma modoka cyangwa kuri za moto, guharanira uburenganzira bwabo. Ibi turabivugira ko ku bantu benshi bakora ingendo cyane cyane zo mu ntara,…
Iyi nama yo kutishora mu bikorwa byo gutema, kwangiza n’ubucuruzi bw’igiti cya kabaruka bakunze kwita umushikiri, Polisi y’u Rwanda ikomeje kuyigira abantu hirya no hino mu gihugu, kuko hari bamwe…
Abanyamuryango 184 b’umuryango w’urubyiruko ruharanira iterambere rirambye ry’u Rwanda (RYOSD) bo mu mujyi wa Kigali, biyemeje gufata iya mbere mu gufatanya na Polisi y’u Rwanda mu kurwanya…