Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K Gasana yasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya no gukumira ibyaha ndengamipaka n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Namibiya ari we Lt Gen…
Abanyamakuru batandukanye, baba abo mu gihugu ndetse n’abo mu karere bitabiriye inama y’inteko rusange ya 84 ya Interpol irimo kubera i Kigali, kuri uyu wa gatatu tariki ya 4 Ugushyingo…
Uyu mukino wabereye kuri sitade ya Muhanga kuwa gatatu tariki ya 4 Ugushyingo 2015 ukaba wararangiye ku ntsinzi ya Police FC y’iitego 5-1.Igice cya mbere cyaranzwe no gusatira cyane…
Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) washimye serivisi za Isange One Stop Center zijyanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana ndetse no gufasha abarikorewe. …
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’igihugu cya Zambiya IGP Stella M. Lebongani yavuze ko kuba U Rwanda rwakiriye Inama Rusange y’Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) iteranye ku nshuro yayo ya …
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’igihugu cya Zambiya IGP Stella M. Lebongani yavuze ko kuba U Rwanda rwakiriye Inama Rusange y’Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) iteranye ku nshuro yayo ya 84…
Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) washimye serivisi za Isange One Stop Center zijyanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana ndetse no gufasha abarikorewe.
Ibi…
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare , abo bita Abanyonzi, bakorera mu murenge wa Mukamira, mu karere ka Nyabihu, bibumbiye muri koperative yabo yitwa “Mukamira Bicycle Transport Service”…
Inama y’inteko rusange ya Polisi mpuzamahanga (Interpol) ya 84 yasoje imirimo yayo kuwa kane tariki 5 Ugushyingo 2015, ikaba yari imaze iminsi ine ibera i Kigali mu Rwanda.
Umuyobozi mukuru wa…
Inama y’inteko rusange ya Polisi mpuzamahanga (Interpol) ya 84 yasoje imirimo yayo kuwa kane tariki 5 Ugushyingo 2015, ikaba yari imaze iminsi ine ibera i Kigali mu Rwanda.
Umuyobozi mukuru wa…