Abaturage bagera kuri 400 bo mu kagari ka Rwezamenyo, ho mu murenge wa Rwezamenyo, mu karere ka Nyarugenge, bakanguriwe kwirinda no kugira uruhare mu kurwanya ihohoterwa ririmo irishingiye ku…
Abayoboke ba Enihakore Pentecot Ministry bagera kuri 400 bo mu murenge wa Gahanga, ho mu karere ka Kicukiro biyemeje kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku…
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga ifungiye kuri Sitasiyo ya Nyamabuye umugabo witwa Mutsindashyaka Jean Damascene kubera ubwambuzi bushukana bw’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 80, iki cyaha…
Umugore ucyekwa gukwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu yafatiwe mu karere ka Rubavu ku itariki 26 Kamena ahagana saa kumi n’ebyiri za nimugoroba. Nyiranzitonda Jacqueline, ufite imyaka 36…