Kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga, ba Minisitiri b’ubutabera, uw’umutekano w’igihugu na Polisi y’u Rwanda, bahuriye mu nama barebera hamwe uko bakwihutisha ishyirwaho ry’ikigo cy’igihugu…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo ifatanyije n’abaturage, kuri uyu wa gatatu tariki ya 9 Nyakanga bafashe ibikoresho by’ikoranabuhanga bitandukanye byari byaribwe mu duce tw’mujyi wa…
Kuri uyu wa kane tariki ya 10 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi yakoze umukwabu mu murenge wa Mugina, ifata abantu batandukanye benga n’abacuruza inzoga…
Mu rwego rwo gukangurira abaturage b’akarere kwirinda ibyaha n’amakimbirane yo mu ngo, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe yihaye gahunda yo kuzenguruka imirenge n’utugari bigize aka…
None tariki ya 11 Nyakanga, abanyeshuri biga mu kigo cy’ amashuri yisumbuye cya RAVIERA, basuwe na Police, aha aba banyeshuri bakaba barahawe ubutumwa bwo kubashishikariza kurwanya no gukumira…
Abapolisi baturutse mu bihugu by’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba bari mu mahugurwa agenewe abapolisi bakuru ari kubera mu ishuri rikuru rya Polisi riherereye mu karere ka Musanze, ejo kuwa kane…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo ifatanyije n’ubuyobozi bw’ako karere bahaye abayobozi b’imidugudu yose igize akarere ka Gatsibo uko ari…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Nyakanga mu ishuri rikuru rya Polisi riri mu karere ka Musanza: National Police College (NPC), hazateranira inama ku “mahoro n’umutakano”, izaba yiga ku bibazo inzego…