Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe imodoka yo mubwoko bwa Toyota Carina ifite purake RAC 542 N yariyibwe.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburengerazuba Superintendent…
Tariki ya 11 Ukuboza , mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Kigali (IPRC- Kigali riherereye mu karere ka Kicukiro,umurenge wa Niboyi,akagari ka Gatare, hatanzwe ibiganiro…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Ukuboza abanyeshuri 21 biga mu ishuri rya Hope Kids Academy basuye Polisi y’u Rwanda kugirango barebe imikorere ya Polisi n’uburyo icunga umutekano…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Ukuboza urubyiruko rwi bumbiye mu muryango witwa Ndayisaba Fbrice Foundation (NFF) rwahawe ibiganiro ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana ,kurwanya…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Ukuboza Polisi y’u Rwanda yatanze ikiganiro ku ihohoterwa mu nkambi y’ impunzi z’ abanyekongo ziri mu nkambi ya Kiziba, iherereye mu Ntara y’iburengerazuba maze …
Urubyiruko rugera kuri 32, ruhagarariye urundi rubyiruko rw’abakoranabushake mu gihugu, none tariki ya 14 Ukuboza rwasuye Polisi y’igihugu ku Kacyiru mu nama yari igamije kurebera hamwe no gusuzuma…
Ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 ukuboza yatsinze umukino wayo wayihuzaga n’ikipe ya Musanze FC igitego kimwe ku busa(1-0), umukino wabereye kuri…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Ukuboza abanyeshuri 21 biga mu ishuri rya Hope Kids Academy basuye Polisi y’u Rwanda kugirango barebe imikorere ya Polisi n’uburyo icunga umutekano w’igihugu.…