Ibikorwa by'ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n'irikorerwa abana, kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Matabyakomereje mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba.Iki gikorwa…
Ibi byavuzwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K. Gasana kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Mata, ubwo yari ari muhango wo gusoza icyiciro cya 4 cy'amahugurwa y'iminsi 2 ku…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Mata, Polisi y’u Rwanda ifatanyije na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Ikigo gitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali (KBS), Urwego rw’igihugu…
Ibikorwa by'ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n'irikorerwa abana, kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Matabyakomereje mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba.Iki …
Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mata 2015, ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo bwashyikirije Polisi y’u Rwanda inyubako zizajya zikorerwamo n’abapolisi bakorera muri ako karere. Izo nzu zubatswe mu…
Umuyobozi Mukuru wa Polisi Emmanuel K. Gasana, tariki ya 27 Mata yakiriye kandi aganiriza abapolisi 126 batashye bavuye mu butumwa bw’amahoro (Formed Police Unit-FPU) muri Mali (UN…
Tariki ya 30 Mata 2015 mu Karere ka Musanze mu nzu mberabyombi y’Ishuri Rikuru rya Polisi y’Igihugu (National Police College - NPC) hashojwe amahugurwa y’iminsi ibiri yahuje abagenzacyaha…