Ikigo cy’ amashuri cya Groupe Scolaire Karama, ejo tatiki ya 20 Gashyantare cyasuwe na Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, aha abanyeshuri bakaba barahawe ubutumwa bujyanye n’ ububi bw’…
Urumuri Rutazima uyu munsi rwageze mu karere ka Nyabihu, akarere ka cumi na gatanu mu turere imirongo itatu ruzazenguruka. Uru rumuri ruzagaruka I Kigali ku itariki ya 7 Mata 2014, ubwo icyunamo cyo…
Ku itariki ya 21 uku kwezi, mu murenge wa Murenge, akagari ka Nyabugogo, umudugudu w’ Umutekano ku biro by’umurenge, hatanzwe amahugurwa yo kuzimya inkongi z’umuriro. Ayo mahugurwa akaba…
Mu ijoro ryo kuwa 21 Gashyantare 2014, mu nzu y’ikigo cy’ubwishingizi SORAS giherereye mu kagari ka Kiyovu, mu murenge wa Nyarugenge, akarere ka Nyarugenge …
Kuri iki cyumweru, taliki ya 23 Gashyantare 2014, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, hatangiye amahugurwa y’iminsi ine ku kurwanya ibyaha bikorerwa mu…
Hirya no hino mu gihugu cyacu hagenda hagaragara ibintu bitandukanye byangirika kubera iki gihe cy’imvura nyinshi twinjiyemo.
Ibyangizwa n’iyo mvura ni byinshi: hari ibihingwa mu mirima,…
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 24 akurikiranyweho ubujura bwa moto, akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Gikondo.
Nk’uko Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro ibitangaza, ku cyumweru tariki ya…