Umuyobozi w’ Ishyirahamwe mpuzamahanga rirwanya akarengane na ruswa (Transparency International) Huguette Labella, kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Gashyantare, yasuye Polisi y’ u Rwanda ku Kacyiru.…
Impunzi z’ Abanyekongo ziri mu nkambi ya Kiziba, iherereye mu Ntara y’ amajye Epfo, ejo tariki ya 17 Gashyantare, zaragiranye inama na Polisi, aha izi mpunzi zikaba zarakanguriwe kwirinda no…
Mu rwego rw’ibikorwa byahariwe ukwezi kw’imiyoborere myiza mu karere ka gatsibo, ku itariki ya 17 Gashyantare abayobozi batandukanye bakanguriye abaturage gukomeza gahunda yo kurandura burundu…
Ibi babisabwe na Chief Inspector of Police (CIP) Adrien Rutagengwa uyobora sitasiyo ya Polisi ya Ruharambuga kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Gashyantare, ubwo yagiranaga inama n’abamotari bagera ku…
Twese tuzi ko mu Rwanda gucuruza no kunywa ibiyobyabwenge ari icyaha, kandi tuzi ko bigira ingaruka mbi ku buzima bw’ubinywa.
Akaba ariyo mpamvu Polisi y’u Rwanda idahwema kugira inama abaturage…
Mu nshingano za Polisi y’u Rwanda, harimo no kurwanya icyabuza buri munyarwanda abaho mu mahoro n’umutekano. Iyi nshingano Polisi y’u Rwanda ikaba iyigeraho inyuze mu biganiro igirana n’abaturage,…
Urumuri Rutazima uyu munsi rwageze mu karere ka Rubavu, akarere ka cumi na kane mu turere imirongo itatu ruzazenguruka. Uru rumuri ruzagaruka I Kigali ku itariki ya 7 Mata 2014, ubwo icyunamo cyo…
Abaturage bo mu karere ka Nyarugenge bakomeje gukangurirwa kugira uruhare mu bikorwa by’isuku, isukura ndetse no kwibungabungira umutekano.
Ubu butumwa babugejejweho ku itariki ya 19 uku kwezi mu…