Imikoranire myiza y’abaturage na Polisi y’u Rwanda binyuze mu kuyiha amakuru ku gihe, byatumye ifata abagabo barindwi bacyekwaho gutegera abantu mu nzira mu bice bitandukanye by’umurenge wa …
Ku itariki ya 4 Nyakanga ubwo abanyarwanda bizihizaga ku nshuro ya 22 isabukuru yo kwibohora, abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Centre…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Kicukiro mu mujyi wa Kigali na Gakenke mu ntara y’Amajyaruguru kuwa kabiri tariki ya 5 Nyakanga yataye muri yombi abantu 2 bakekwaho gucuruza no…