Kuri uyu wa gatatu tariki ya 7 Gicurasi, abaturage bo mu mujyi wa Musanze, bafashe umusore witwa Sibomana Emmanuel w’imyaka 23 ukekwaho kuba yari amaze kwiba amafaranga 1,900.000Frw mu iduka…
Imiryango 74 yabanaga mu makimbirane mu karere ka Musanze yasuwe na Polisi y’u Rwanda ikorera muri ako karere ndetse n’inzego z’ibanze, babagira inama yo kuyavamo, banababwira ko igihe mu miryango…
Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi, abagize komite zo kwicungira umutekano 60 bo mu murenge wa Kimihurura, bahawe amahugurwa yo kwirinda no kurwanya inkongi z’umuriro. Bakaba bigishijwe kandi uko…
Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi, mu cyumba cy’inama cy’umurenge wa Nyarugunga mu karere ka Kicukiro, abagize komite zo kwicungira umutekano bahawe amahugurwa y’umunsi umwe yo kurushaho…
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 Gicurasi, abatwara abantu n’ibintu mu kiyaga cya Kivu bakoresheje amato bakorera mu turere duhana imbibi n’iki kiyaga aritwo: Karongi, Rutsiro na Rusizi, bahawe…
Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kicukiro Chief Inspector of Police (CIP) Anastase Karango aributsa ko inzoga z’inkorano zangiza ubuzima , bityo buri wese akaba akwiye kugira uruhare mu ikumirwa…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 Gicurasi yataye muri yombi abagabo 2 aribo Ganza Christian na Habineza Marc, bakaba barafatanywe inoti z’impimbano za…