Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali yafashe amakarito 80 y’inzoga zinjiye mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko kandi zitemewe kunyobwa mu Rwanda.
Aya makarito yafashwe kuwa kane tariki…
Mu itangazo Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara kuwa kane tariki ya 7 Nyakanga 2016, riravuga ko umukwabu wiswe usalama ya gatatu wari ugamije kurwanya ibyaha ndengamipaka ugaterwa inkunga na…
Ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge n’imikwabu yakozwe na Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke mu mezi ane ashize yatumye hafatwa litiro 226 za kanyanga, amaduzeni 142 ya Sky Warage,…
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Chief Superintendent of Police (CSP) Sam Rumanzi yakanguriye abatuye muri iyi Ntara kugira uruhare mu kubungabunga no gusigasira umutekano…
Ikipe ya Polisi y’umukino w’intoki (Police Handball Club) ikomeje kuba ku isonga ya Shampiyona kuko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 9 Nyakanga yatsinze umukino wayihuje n’ikipe ya Nyakabanda…
Abatwara abagenzi kuri moto bagera kuri 500 bakorera uyu mwuga mu Mujyi w’akarere ka Muhanga biyemeje kugira uruhare mu kubungabunga umutekano wo mu muhanda birinda icyatuma bakora cyangwa bagateza…
Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali bashyizeho imihanda izifashishwa muri iki gihe cy’inama ya 27 y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe izatangira kuri iki cyumweru tariki ya 10…
Ku itariki 8 Nyakanga, abaturage bagera kuri 700 bo mu kagari ka Nyarurama, ho mu murenge wa Kigarama, mu karere ka Kicukiro bakanguriwe kwirinda ibyaha by’ihohoterwa rikorerwa mu ngo, kandi basabwa…
Umugabo ucyekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge yafatiwe mu karere ka Kirehe mu rukerera rwo ku itariki 9 Nyakanga. Uwitonze Cassien, ufite imyaka 42 y’amavuko ni we ukurikiranyweho gukora iki…