Abaturage bo mu murenge wa Gahanga akarere ka Kicukiro bafashe ingamba zo kwirindira umutekano no gukumira ibyaha aho batuye.
Izo ngamba zikaba zirimo gukaza amarondo ya nijoro ,kumenya…
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo ho mu Ntara y’ iburasirazuba yihanangirije bikomeye abaturage kutishora mu biyobyabwenge kuko bene ibyo bikorwa ari ibyaha kandi bihanwa n’ amategeko y’ u…
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CGP Emmanuel K. Gasana, ejo tariki ya 21 Nzeri, yagiranye inama n’ aba Polisi 400 bakorera mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, aha umuyobozi…
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’ Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi, arahamagarira abaturage bo mu karere ka Gatsibo kwirinda umuco wo kwihanira, ahubwo buri gihe…
Mu nshingano za Polisi y’u Rwanda, harimo no kurwanya icyabuza buri munyarwanda kubaho mu mahoro n’umutekano. Iyi nshingano Polisi y’u Rwanda ikaba iyigeraho inyuze mu biganiro igirana n’abaturage,…
Polisi y’u Rwanda none tariki ya 24 Nzeri, yatangije igikorwa cyo kurwanya no gukumira ikoreshwa n’ icuruzwa ry’ ibiyobyabwenge mu ma shuri, iki gikorwa kikaba cyatangirijwe ku mugaragaro mu kigo…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 24 Nzeri, umuyobozi w’akarere ka Kicukiro Paul Jules Ndamage , yagiranye inama n’abaturage b’umurenge wa Kigarama barebera hamwe ibyo bagezeho mu…
Mu nama yahuje Polisi n’abatwara abagenzi kuri moto bagera kuri 50 bakorera muri Santeri ya Gacurabwenge umurenge wa Gihara mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa kane tariki ya 25…
Kuri uyu wa kane tariki ya 25 Nzeri, Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 2 bakekwaho urupfu rwa Makonene Gustave, wari umukozi w’umuryango utegamiye kuri Leta (Transparency…