Abapolisi b’u Rwanda 170 barimo abigitsinagore 37, kuwa kane tariki ya 10 Nzeri, nibwo bazerekeza mu gihugu cya Sudan y’Epfo mu butumwa bw’amahoro bazamaramo igihe cy’umwaka umwe.
Ni ku nshuro ya…
Imiryango y’abashakanye 30 yo mu murenge wa Rusenge, wo mu karere ka Nyaruguru yabanaga mu makimbirane ku itariki 9 Nzeri 2015 yatanze ubuhamya ko ibanye neza kandi ko imaze kugera ku…