Abayobozi ba Polisi y’u Rwanda n’iya Uganda kuri iki cyumweru tariki ya 3 Kanama bahuriye mu ntara ya Kabale muri Uganda, barebera hamwe aho amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano ibihugu byombi…
Kanda hano urebe amafoto y'umuhango
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riri mu karere ka Musanze, kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Kanama, habereye umuhango wo gusoza amasomo…
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Kanama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yakoreye umukwabu mu kagari ka Rugeshi umurenge wa Mukamira, maze ifata amakarito 84 y’inzoga zitemewe…
Ibi ni ibyatangajwe n’umupolisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’iby’abaturage (DCLO) mu karere ka Burera Inspector of Police (IP) Justin Nkurikiyinka mu nama yagiranye n’abasare batwara abantu…
Kanda hano urebe amafoto y'umuhango
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) riri mu karere ka Musanze, kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Kanama, habereye umuhango wo gusoza amasomo…
Abayobozi ba Polisi y’u Rwanda n’iya Uganda kuri iki cyumweru tariki ya 3 Kanama bahuriye mu ntara ya Kabale muri Uganda, barebera hamwe aho amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano ibihugu byombi…
Mu rwego rwo gukumira no kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Kanama, Polisi ikorera mu karere ka Rwamagana ifatanyije n’abaturage, yangije ibiyobyabwenge…
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Kanama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Rweru akarere ka Bugesera yataye muri yombi umugabo witwa Nsekeye Martin w’imyaka 44 ukomoka mu kagari ka Kinabwe…
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Kamena, itsinda ry’abagore 11 bibumbiye mu muryango “African Centre of Excellence”, basuye ikigo Isange One Stop Centre, cyita kikanagira inama abakorewe ihohoterwa…