Kuri iki cyumweru tariki ya 11Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yahaye ikiganiro abaturage bo mu kagari ka Karembure, umurenge wa Gahanga akarere ka Kicukiro.
Ibyo biganiro bikaba byari …
Abapolisi 7 bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro no gutabara abari mu kaga, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi bahawe amasomo yo kubamenyereza uko bakoresha…
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ikorera ku kibuga cy’indege I Kanombe yataye muri yombi abashinwa 2 bafatanywe ibiro 2 n’igice by’amahembe y’inzovu.Abo ni Yang…
Abaturage bo mu karere ka Ngororero, umurenge wa Hindiro akagari ka Gatenga,ku cyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2014 barokoye umwana w’uruhinja wari watawe na nyina.Nk’uko Polisi ikorera muri…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Gicurasi, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, hatangiye amahugurwa y’iminsi 3 y’abapolisi 16 ku kurwanya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga,…
Umusore ukomoka mu karere ka Gasabo umurenge wa Kimironko afungiye kuri sitasiyo ya Remera aho akekwaho gutunga amafaranga y’amahimbano.
Nk’uko Polisi ikorera mu karere ka Gasabo ibitangaza, ngo…
Abayapani 9 b’inzobere mu ikoranabuhanga bakomoka mu gihugu cy’ubuyapani bakorera sosiyete yitwa Nippon Electric Company ltd (NEC), kuri uyu wa mbere tariki ya 12 basuye icyicaro gikuru cya Polisi…
Abayapani 9 b’inzobere mu ikoranabuhanga bakomoka mu gihugu cy’ubuyapani bakorera sosiyete yitwa Nippon Electric Company ltd (NEC), kuri uyu wa mbere tariki ya 12 basuye icyicaro gikuru cya Polisi…
Abapolisi 7 bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro no gutabara abari mu kaga, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi bahawe amasomo yo kubamenyereza uko bakoresha…