U Rwanda n’abanyarwanda bihaye gahunda y’uko buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi bakora igikorwa cyo kwiteza imbere bise “umuganda”.
Ni muri urwo rwego kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Kanama,…
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 30 Kanama, itsinda ry’intumwa 10 ziturutse mu muryango w’ Abibumbye zasuye Ikigo Isange One stop Centre, gishinzwe kwakira no gufasha abahuye n’ ibibazo by’…
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’ u Rwanda CGP, Emmanuel K. Gasana, kuri uyu wa 31 Kanama, yahuye n’ urubyiruko rw’ abakorana bushake ruteraniye mu kigo cy’ amashuli cya Polisi kiri mu Karere ka…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Nzeri, Polisi y’u Rwanda yohereje itsinda ry’abapolisi 140 barimo ab’igitsinagore 14 mu gihugu cya Centrafrica mu rwego rwo gufasha abaturage baho kugarura umutekano…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Nzeri umuryango w’abibumbye washimiye Leta y’u Rwanda kubera ubushake yerekana mu kugarura amahoro mu bihugu birangwamo amakimbirane mu rwego rwo kubishakira…
Kuva ku itariki ya 1 kugeza kuya 12 Nazeri, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, abapolisikazi 166 batangiye amahugurwa abategurira gukora ibizamini bibemerera kujya mu butumwa …