Mu kiganiro yagiranye n’abatuye mu murenge wa Mugesera, ho mu karere ka Ngoma, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda muri aka karere, Senior Superintendent of Police (SSP) Janvier Mutaganda yababwiye ko…
Abafatanyabikorwa mu kubungabunga umutekano bagera kuri 200 bo mu karere ka Muhanga basabwe kongera imbaraga mu bukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’ibindi byaha.
Ibi…
Umuyobozi wa Kigali Forensic Laboratory, Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa yabwiye abaturage b’umurenge wa Kinyinya, mu karere ka Gasabo ko, bumwe mu buryo bwo gukumira ndetse no…
Polisi y’u Rwanda yahuguye abagize Komite zo kubungabunga umutekano 180 bo mu murenge wa Ruhango ho mu karere ka Rutsiro ku buryo barushaho gukumira ibyaha.
Bahuguriwe mu kagari ka Kanduhura ku…
Abafite utubare bacuruzaga inzoga zitemewe zirimo iyitwa Muriture bo mu murenge wa Huye, ho mu karere ka Huye bakanguriye ababikora kubireka no gufatanya kubirwanya.
Ubu butumwa bwatanzwe…
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyabihu yafatiye mu mikwabu itandukanye abagore babiri bafite bule z’urumogi zisaga 7600.
Abarufatanwe ni Uwamahoro Chantal; wafashwe ku ya 8 Nzeri na…