Mu ijoro ryo ku wa 18 Kanama ,ahitwa ku Giporoso,akagari ka Kabeza, umurenge wa Kanombe, akarere ka Kicukiro,habereye umukwabu wari ugamije gushakisha abakekwaho ubujura bwa moto bwari bumaze…
Mu rwego rwo gushakira hamwe umutekano n’abaturage bose, kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Kanama 2015, Polisi y’u Rwanda yakomeje ubukangurambaga ku bamotari nk’uko bwatangijwe mu minsi ishize…
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Kanama, abapolisi bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, bifatanyije n’abaturage b’umurenge wa Kacyiru ,bo mu midugudu irindwi y’urugari twa Kibaza na…
Kuri iki cyumweru taliki ya 30 Kanama, Police FC yegukanye igikombe cy’Agaciro Development Fund cy’umwaka wa 2015, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma ikipe ya Sunrise igitego 1-0
Hari ku…
Guverinoma z’u Rwanda na Turkiya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hongerwa imbaraga mu by’umutekano usanzwe urangwa hagati y’ibi bihugu byombi.
Ibi bikaba byabereye i Ankara mu murwa…
Guverinoma z’u Rwanda na Turkiya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hongerwa imbaraga mu by’umutekano usanzwe urangwa hagati y’ibi bihugu byombi.
Ibi bikaba byabereye i Ankara mu murwa…
Kuri iki cyumweru taliki ya 30 Kanama, Police FC yegukanye igikombe cy’Agaciro Development Fund cy’umwaka wa 2015, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma ikipe ya Sunrise igitego 1-0
Hari ku munota…
Igihugu cy’u Rwanda cyabaye umunyamuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) mu mwaka wi 1974, muri iki gihe hakaba harahise hashyirwaho ibiro bihagarariye uyu muryango mu mugi wa Kigali. Kuva…