Hirya no hino mu gihugu hagiye hagaragara amafaranga y’amiganano ndetse hakaba hari n’abantu bagiye bayafatanwa; aya mafaranga akaba agira ingaruka mbi ku bukungu bw’igihugu. N’ubwo ntawavuga ko iki…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifungiye Uwimana Evariste w’imyaka 23 kuri sitasiyo yayo ya Gisenyi nyuma y’aho imufatiye mu modoka yo mu bwoko bwa Corolla ifite nomero za purake RAA…
Abaturage bo mu kagari ka Biryogo bihaye umuhigo wo kuba baranduye burundu ibiyobyabwenge mu gihe cy’ukwezi uhereye kuri uyu wa kane tariki ya 28 Gicurasi 2015.
Uyu muhigo bawihaye ubwo…
Umwitozo wo guhangana b’ibibazo by’ibiza n’ibyorezo wiswe “Tabara ubuzima” waberaga mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari, mu karere ka Rwamagana, washojwe kuri uyu wa gatatu…
Abantu 36 bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare nyuma yo gukekwaho uruhare mu bikorwa by’ubujura bw’inka mu turere tw’Intara y’I Burasirazuba cyane cyane Nyagatare,…
Abaturage bo mu kagari ka Rugarama, mu murenge wa Nyamirambo, mu karere ka Nyarugenge, bashimishijwe na serivisi bahawe n’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubugenzacyaha (CID) ku itariki…