Mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi wabaye uyu wa gatandatu tariki ya 31 Gicurasi hirya no hino mu gihugu, Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage bo mu tugari twa Gasaro, Urwibutso, Inkingi,…
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ruhuha mu karere ka Bugesera, hafungiye umugabo witwa Nkende Vincent w’imyaka 45, nyuma y’aho mu nzu ye Polisi ihasanze imifuka 4 y’inyongeramusaruro yo mu bwoko bwa…
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Gicurasi, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yatahuye toni y’ibiti bya kabaruka binazwi ku izina ry’umushikiri, mu nzu y’umuturage witwa Nsengiyaremye Pascal…
Mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi wabaye uyu wa gatandatu tariki ya 31 Gicurasi hirya no hino mu gihugu, Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage bo mu tugari twa Gasaro, Urwibutso, Inkingi,…
Ku ishuri rya Polisi riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Gicurasi 2014, hasojwe amahugurwa y’abagenzacyaha 59 baturutse mu turere twose tw’u Rwanda, bakaba…
Kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Kamena Polisi yo mu karere ka Kirehe yahaye ibiganiro abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Rusumo, bakaba bigishijwe uburyo bakwiye kwirinda…
Mu karere ka Bugesera kuri uyu wa mbere Kamena 2014, Polisi yahafatiye ibicuruzwa bitandukanye byari byinjiye mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko binyuze ku mipaka nayo itemewe…
Ku itariki 20 Gashyantare 2014, i Kampala muri Uganda, abakuru b’ibihugu by’ u Rwanda, Uganda na Kenya, bemeje amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano no gutabarana hagati yabyo, akaba azanatuma…
Ku itariki 20 Gashyantare 2014, i Kampala muri Uganda, abakuru b’ibihugu by’ u Rwanda, Uganda na Kenya, bemeje amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano no gutabarana hagati yabyo, akaba azanatuma…