Mu rwego rwo kongera imbaraga mu gutaha izamu, Police Football Club yasinyishije Justin Mico wakiniraga AS Kigali, ibi bikaba bibaye mbere y’uko Shampiyona itangira.
Mico ufite imyaka 21…
Abatwara abagenzi kuri moto bagera kuri 300 bakorera uyu mwuga mu karere ka Bugesera biyemeje kugira uruhare mu kubungabunga umutekano wo mu muhanda birinda icyatuma bakora cyangwa bateza…
Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ryahinduye gahunda yaryo yo gukoresha ibizamini by’abakorera impushya zo gutwara ibinyabiziga, aho mu Mujyi wa Kigali…
Abantu 300 baturuka mu nzego zitandukanye mu karere ka Musanze ku itariki 22 Kanama bahuguwe na Polisi y'u Rwanda ku gitera inkongi z’imiriro, uko bazirinda, n’uko bazizimya zibaye. Mu…
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe, Superintendent of Police (SP) James Rutaremara yasabye abagatuyemo kutangiza ibidukikije mu bikorwa byabo bya buri munsi.
Ubu butumwa…
Abagore bahagarariye abandi mu murenge wa Karama mu karere ka Kamonyi bagera ku 150, barasabwa kongera imbaraga mu kurwanya no gukumira ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa…