Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali basinye imihigo yo kunoza imikoranire basanganywe mu guteza imbere umutekano n’isuku.
Iyi mihigo yasinywe ku itariki ya 8 Kanama hagati y’ Umuyobozi mukuru wa…
Abatwara amagare bakorera mu mirenge ya Ntarama, Nyamata na Mayange bo mu karere ka Bugesera bibumbiye mu makoperative yitwa Cooperative de transport des velos de Nyamata ( COTRAVENYA)…
Abatuye mu murenge wa Rwinkwavu, ho mu karere ka Kayonza basabwe kwirinda no kugira uruhare mu kurwanya ikoreshwa n'ikwirakwizwa ry'ibiyobyabwenge. Ubu butumwa bwatangiwe mu gikorwa…
Ku itariki ya 8 Kanama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yaganirije urubyiruko rugera kuri 200 rwo mu mirenge ya Jomba na Mulinga ku cyaha cy’ icuruzwa ry’abantu, uko gikorwa, uko…
Abaturage bo mu kagari ka Nyabikora umurenge wa Kirehe mu karere ka Kirehe bakanguriwe kurwanya ibiyobyabwenge, kwirinda amakimbirane, gutanga amakuru ku gihe no gutanga umusanzu w’ubwisungane mu…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro n’abafatanyabikorwa bayo, ku itariki ya 9 Kanama yafatiye mu murenge wa Rusebeya abantu 5 barimo n’umugore, bakekwaho gucukura amabuye y’agaciro mu…
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru n’abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha bongeye imbaraga mu kurwanya ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge. Mu karere ka Burera ku itariki 9 Kanama…
Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali batangiye gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo yasinywe tariki ya 8 uku kwezi, hagati ya Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali n’uturere tuwugize aritwo…
Ku itariki 10 Kanama, amagana y’abaturage mu karere ka Gicumbi bitabiriye igikorwa cyabereye mu kagari ka Rwankojo, ho mu murenge wa Cyumba cyo kwangiza inzoga zitemewe mu Rwanda zifite agaciro ka…