Trending Now
#

POLISI Y'U RWANDA

Serivisi - Kurinda - Ubunyangamugayo

#
7026 results:
6541. Polisi y’u Rwanda mu Majyepfo ikomeje ibikorwa byo kurwanya inzoga zitemewe  
Date: 02-07-16
Mu rwego rwo gukomeza kubungabunga umutekano, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yongeye imbaraga mu gufata abenga n’abacuruza inzoga zitemewe. Muri iki cyumweru, yafashe amagana ya litiro…  
6542. Polisi yakanguriye abana b’abanyeshuri bo muri Kamonyi uburenganzira bwabo  
Date: 02-07-16
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi kuwa kane tariki ya 30 Kamena, yakanguriye abanyeshuri 800 bo mu rwunge rw’amashuri rwa Remera  Indangamirwa riherereye mu murenge wa Rukoma,…  
6543. Polisi y’u Rwanda irihanangiriza abavunja amafaranga ku buryo butemewe n’amategeko  
Date: 02-07-16
Polisi y’u Rwanda iributsa abanyarwanda n’abaturarwanda kwirinda kwirinda kuvunjisha amafaranga ku bantu batabifitiye uruhusha Ibi bivuzwe nyuma y’aho kuwa kane tariki ya 30 Kamena Polisi y’u…  
6544. Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali batangije icyiciro cya gatandatu cya gahunda y’ umutekano n’ isuku  
Date: 03-07-16
Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali, kuwa gatandatu tariki ya 2 Nyakanga, batangije icyiciro cya gatandatu cy’ubukangurambaga muri gahunda y’isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali.Iki cyiciro…  
6545. Minisitiri Harelimana yasabye urubyiruko rw’abakorerabushake kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.  
Date: 03-07-16
Minisitiri w’umutekano Sheikh Musa Fazil Harerimana yasabye Icyiciro cya 4 cy’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha gutera intamwe barenga kuba amaso n’amatwi by’abanyarwanda bakanagira…  
6546. Icyiciro cya 4 cy’abapolisi bakuru bigaga iby’ubuyobozi cyasoje amasomo  
Date: 03-07-16
Abofisiye bakuru ba Polisi 31 baturuka mu bihugu icumi byo muri Afurika,  ku  itariki 2 Nyakanga  basoje  amasomo bari bamaze umwaka bigira mu  Ishuri Rikuru rya Polisi y’u…  
6547. Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali batangije icyiciro cya gatandatu cya gahunda y’ umutekano n’ isuku  
Date: 03-07-16
Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali, kuwa gatandatu tariki ya 2 Nyakanga, batangije icyiciro cya gatandatu cy’ubukangurambaga muri gahunda y’isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali.Iki cyiciro…  
6548. Minisitiri Harelimana yasabye urubyiruko rw’abakorerabushake kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.  
Date: 03-07-16
Minisitiri w’umutekano Sheikh Musa Fazil Harerimana yasabye Icyiciro cya 4 cy’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha gutera intamwe barenga kuba amaso n’amatwi by’abanyarwanda bakanagira…  
6549. Polisi y’u Rwanda irakangurira abantu kudacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranije n’amategeko  
Date: 04-07-16
Polisi y’u Rwanda yongeye gukangurira abantu kwirinda ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranije n’amategeko. Itanze ubu butumwa kubera ko hari abantu bitwikira ijoro…  
6550. Abapolisi 40 basoje amasomo ku kugenza ibyaha kinyamwuga  
Date: 04-07-16
Ku itariki 2 Nyakanga, Umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) Felix Namuhoranye yasoje icyiciro cya kabiri cy’amasomo ku kugenza ibyaha kinyamwuga yakurikiwe…